UMUNARA W’UMURINZI Nzeri 2012 | Ese Imana yita ku bagore?
Reba muri Bibiliya uko Imana ibona abagore n’uko Yesu yababonaga.
INGINGO Y'IBANZE
Ingorane abagore bahura na zo
Kuki ku isi hose abagore n’abakobwa barahohoterwa mu buzima bwabo bwose?
INGINGO Y'IBANZE
Ese koko Imana yita ku bagore?
Ese Bibiliya ivuga ko abagore nta gaciro bafite? Irebere uko mu by’ukuri Imana ibona abagore.
INGINGO Y'IBANZE
Imana iha agaciro abagore kandi irabubaha
Uko Yesu yabonaga abagore bitwigisha iki?
INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Ubu noneho nzi Imana nsenga
Menya uko uwahoze ari umupasiteri w’abapentekote yamenye ukuri.
JYA WIGA IJAMBO RY'IMANA
Bizagenda bite ku munsi w’urubanza?
Abantu babona umunsi w’urubanza mu buryo butandukanye. Ese birakwiriye ko udutera ubwoba? Ni iki uzamarira abantu?
Kugira neza ni umuco w’ingenzi mu maso y’Imana
Ese wagombye kugirira neza abandi? Imana ibona ite uwo muco?
EGERA YEHOVA
“Amahanga azamenya ko ndi Yehova”
Abantu benshi bashinja Imana ko ari yo nyirabayazana w’imibabaro n’akarengane biri muri iyi si. Imana izeza izina ryayo ite?
Ese wari ubizi?
Mu bihe bya Bibiliya, inzandiko zoherezwaga zite? Ubucuruzi bwakorwaga bute muri Isirayeli ya kera?
IBIBAZO BY'ABASOMYI
Ese mu Bahamya ba Yehova, abagore barigisha?
Niba ari uko bimeze se, ibyo bakora bivugwa he muri Bibiliya? Bigisha iki?
Uko twabwirije mu majyepfo y’u Burayi
A challenging trip to Gavdos, an island south of Crete, proves to be heart-warming.
Izina ry’Imana mu rurimi rw’igiswayire
Reba uko izina ry’Imana ari ryo Yehova ryashyizwe muri Bibiliya y’igiswayire.
JYA WIGISHA ABANA BAWE
Gehazi yazize umururumba
Gehazi yatwaye ibintu bitari ibye. Ni irihe somo twabikuramo?